Urashaka Kwivuza?

VUGANA na
MUGANGA

Wandikira muganga ikibazo cyangwa igitekerezo cyawe, Utegereze igisubizo.

Izindi Nyandiko


KANSERI Y’INKONDO Y’UMURA: INDWARA ISHOBORA KWIRINDWA KANDI IKAVURWA IGAKIRA

Kanseri y’inkondo y’umura ni kanseri ifata inkondo y’umura ariwo witwa nyababyeyi. Ni imwe muri kanseri zikunze kwibasira abagore, haba mu Rwanda ndetse no ku isi hose. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (WHO) rigaragaza ko iyi kanseri ishobora kwirindwa kandi igakira iyo imenyekanye hakiri kare. Icyakora abenshi mu bahitanwa nayo baba baramenye ko bayirwaye amazi yararenze inkombe.

Read More

INDWARA 10 ZISHOBORA KWIBASIRA IGITSINA CY’UMUGORE CYANGWA UMUKOBWA

Igitsina cy’umukobwa ni umwanya w’icyubahiro kidasanzwe, kubera ko ariho hakorerwa ibijyanye n’imyororokere y’umuntu, kubyara, kwishimisha no kororoka. Uburwi ubwo ari bwo bwose bushobora kwibasira igitsina cy’umugore buba ari ubwo kwitonderwa ndetse no kuvurirwa ku gihe. Reka tubafashe gusobanukirwa indwara zose zakwibasira igitsina cy’umukobwa cyangwa umugore.

Read More

Dore Ibyiza byo kwivuriza kuri Interineti (Kwivuza Online)

Muri iki gihe ikoranabuhanga rigenda ritezwa imbere mu ngeri zose z’imitangire ya service , Ubuvuzi burangirwa kuri Interinet nabwo butangiye kugenda butezwa imbere mu bihugu byinshi. Icyakora abantu benshi ntibavuga rumwe ku bijyanye no kuvurira umuntu kuri interineti kuko bisaba kwivuza ku muganga mutari kumwe kandi nawe akakuvura mudahuye imbona nkubone, abenshi bakabona ko ibyo bishobora gutuma ubuvuzi butangirwa kuri interineti bukemangwa

Read More

IBYOKURYA byemewe n'Ibitemewe Ku Muntu urwara IGIFU.

Hari ibyokurya bishobora gutuma igifu kirushaho kukumerera nabi , hakaba n'ibindi bishobora gufasha igifu cyawe kugogora neza ndetse no koroshya uburibwe mu gihe urwara igifu.

Read More

SOBANUKIRWA INDWARA YA RIFT VALLEY FEVER YAGEZE MU RWANDA

Indwara ya Rift Valley Fever, yari isanzwe izwi mu bindi bihugu cyane cyane igihugu duturanye cya Uganda yageze no mu Rwanda, aho yatangiye kwibasira amatungo ndetse n'abantu mu duce tumwe na tumwe tw'igihugu.

Read More

COVID 19 Igiye kugaruka, Ubwoko bushya bwa BA2 bwatangiye guca Ibintu !

Mu kwezi kwa 04/2022 imibare y'abandura covid 19 mu Rwanda ishobora kongera kwiyongera na zimwe mu ngamba zo kwirinda covid 19 zari zatangiye gukurwaho zikaba zishobora kongera gusubizwaho. Sobanukirwa n'ubwoko bushya bwa Covid iri guca ibintu yitwa BA2.

Read More